Back
Akarere ka Kamonyi: Umudugudu wa Rugazi wo mu murenge wa Runda ubwumvikane bukomeje kugerwa ku mashyi Meya niwe uhanzwe amaso.
Jun 1, 2024
Imyumvire n’imitekerereze ya muntu nibyo bimuha ubwisanzure mubitekerezo bye,iyo abikora atabangamira abaturanyi biba igisubizo,naho iyo anyuranyije n’itegeko nshinga rya Repubulika y’u Rwanda aba abangamiye umudendezo wa Rubanda.Haraho usanga umuntu umwe cyangwa abantu bashaka kuvogera ubusugire bwabo baturanye.Ubu rero turi mu karere ka Kamonyi, Umurenge wa Runda,mu mudugudu wa Rugazi ahavuzwe ikibazo hagati y’abaturanyi aribo Denys Kabasange na Daniel bashatse kurwana bivuye k’ubwumvikane buke bwo kutumvikana.
Mbere y’uko twinjira mu kibazo gishingiye kubyabaye hagati ya Denys na Daniel bigaragarako umudugudu wa Rugazi ufite gahunda y’ibikorwa by’iterambere kuko bateguye kwikorera umuhanda Bishenyi ugera mu Rugazi nk’uko twabitangarijwe nabahatuye.Ubwo batangaga umusanzu wo kubaka umuhanda byerekana ko uyobora umudugudu wa Rugazi afite icyerekezo cyiza gishingiye ku miyoborere,ariko ikibazo cya Denys wagonze igipangu cya Daniel kikaba cyaranze gukemuka gikomeza gukwiza umwuka mubi,cyane ko abaturage bahindutse nk’abafana amakipe y’umupira w’amaguru.
Kwagura umuhanda bishenyi -Rugazi:
1.Emmanuel (umuhudi):20000fr
2.Serwakira:50000fr
3.Denys 100000-50000✅
Emmanuel 10000✅
5.Bugingo 50000
6.Nsekanabo 10000
7.Davide 50000-20000✅
8.Thaddée 30000✅
9.Vital 50000✅
10.Paul 50000✅
11.samuel 20000✅
12.Darius 50000✅
7Shares
0Comments
9Favorites
3Likes
No content at this moment.